GUFATA URUKINGO RWA COVID-19 RUKAKWICA,UBA WIYAHUYE UBWAWE/IMPURUZA YA MEDICAL FREEDOM MURI AMERICA
Nta gihe gishize zimwe muri za leta z’ibihugu zemeye ububi bw’inkingo za COVID 19 n’ingaruka mbi kuri bamwe mu baturage,…
Karidinale A. Kampanda w’ariki-diyoseze ya Kigali, yakiriwe na Perezida w’u Burundi
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yakiriye Cardinal Antoine Kambanda, umushumba wa diyoseze ya Kigali muri Kiliziya gatolika y’u Rwanda. Urubuga…
U Budage bugiye kuba umuhuza mu kibazo cy’Uburusiya na Ukrain
Ibiganiro by’imishyikirano byahuje minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’Uburusiya Sergei Lavrov na mugenzi we Dmytro Kuleba wa Ukrain, ntacyo byagezeho ku bijyanye…
Abanyarwanda 5 nibo bakiri muri Ukrain, babuze uko bahunga ahari imirwano ikomeye
Amakuru mashya aturuka muri Ukrain, arebana n’abanyarwanda bariyo, aravuga ko abagera kuri 5 aribo bakiri mu gace kari kuberamo imirwano…
Ababarirwa kuri 11% bonyine bamaze gukingirwa Covid19 ku buryo bwuzuye: OMS
Ishami ry’umuryango w’abibubye rishinzwe ubuzima (WHO-OMS) riravuga ko ibihugu byo ku mugabane w’Afurika, bikomeje urugamba rwo kurwanya icyorezo cya Covid19…
U Rwanda ruramaganira kure abarushinja gukingira abaturage ku gahato
Guverinoma y’u Rwanda ikomeje guhakana amakuru avuga ko ikingira abaturage bayo ku gahato. Leta y’u Rwanda isobanura ko abaturarwanda bakomeje…
Uwakingiwe byuzuye ni uwafashe urukingo rwa 3 – Dr Mpunga
Minisiteri y’ubuzima iravuga ko umuntu wakingiwe byuzuye ari uwafashe inkingo eshatu zose, harimo n’urukingo rwiswe urwo gushimangira. Ibi byemejwe na…
Namwinjije mu busifuzi, ndamuzi arashoboye – Kajingo
Salima Rhadia Mukansanga akomeje gukora amateka ku rwego mpuzamahanga nk’umugore usifura amarushanwa akomeye harimo n’imikino ihuza abagabo. Itangazamakuru mpuzamahanga rikomeje…
Media as the best accelerator of the sustainable development goals – SDGs
Monday, 24th October 2021, RJSD (Rwanda Journalists for Sustainable Development) held a zoom/webinar to discuss with all stakeholders on SDGs…
Itangazamakuru, umusingi nyakuri mu kwihutisha intego z’iterambere rirambye
Kuwa mbere tariki ya 24/10/2021, umuryango RJSD uhuriwemo n’abanyamakuru batandukanye bakorera mu Rwanda, wakoresheje ibiganiro bigamije kwibutsa abafatanyabikorwa bose uruhare…